Amanota y’abakoze ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye agiye gutangazwa

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi mu mashuri, NESA, cyatangaje ko amanota y’Ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye mu mwaka w’amashuri wa 2023/2024, azatangazwa ku wa Gatanu tariki ya 15 Ugushyingo 2024. Ibizamini bya Leta ku banyeshuri basoza amashuri yisumbuye byatangiye ku wa 23 Nyakanga 2024 bisozwa ku wa 02 Kanama 2024. Ubutumwa bwashyizwe ku rukuta […]

Continue Reading

Gicumbi: Umugabo yatawe muri yombi akekwaho urupfu rw’umwana yashinjaga kumwiba amatunda

Umugabo wo mu Murenge wa Byumba yatawe muri yombi akekwaho urupfu rw’umwana w’ imyaka umunani, bari basanzwe bafitanye ikibazo, aho umugabo yashinjaga umwana kumwiba amatunda. Turayizeye Vanessa w’imyaka umunani yasanzwe mu murima w’icyayi yapfuye. Yari amaze iminsi ine ashakishwa n’ababyeyi be bakamubura, gusa baje kumusanga hafi y’urugo rw’umugabo wari waramubwiye ko niyongera kumufata amwibira amatunda […]

Continue Reading

Ngororero: Umwarimu yituye hasi imbere y’abanyeshuri ahita apfa

Nsengimana Juvénal wigishaga ku ishuri ribanza rya Mukingi riherereye mu Murenge wa Bwira mu Karere ka Ngororero yituye hasi imbere y’abanyeshuri yigishaga ahita ashiramo umwuka. Abazi uyu mwarimu w’imyaka 50 bavuga ko nta burwayi buzwi yagiraga. Bikimara kuba ubuyobozi bw’ishuri bwihutiye guhamagara imbangukiragutabara ihagera yamaze gushiramo umwuka. Ubuyobozi bwahise bufata icyemezo cyo kohereza umurambo wa […]

Continue Reading

Abana basabye kujya bitabira inama mpuzamahanga ziga ku mihindagurikire y’ibihe

Abana bagaragaje ko mu gihe ibihugu byiga ku mihindagurikire y’ibihe n’icyakorwa mu guhangana n’ingaruka zabyo, bajya batekerezwaho mu biganiro bigamije gushaka ibisubizo kuko bari mu bagirwaho ingaruka nabyo. Byagarutsweho mu nama yahuje abana, yiga ku ngaruka z’imihindagurikire y’ibihe ndetse no gukusanyiriza hamwe ibyifuzo byabo mu gihe inama mpuzamahanga ya COP29 izabera muri Azerbaijan yegereje. Ubushakashatsi […]

Continue Reading

NESA yatahuye amashuri 650 akora adafite ibyangombwa

Urwego rw’igihugu rushinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri, NESA, rwatangaje ko mu mashuri ari mu gihugu harimo arenga 650 akora atagira ibyangombwa, ndetse ngo mu bihe biri imbere bazatangira kuyasura bareba ayujuje ibisabwa yemererwe gukora, andi ahagarikwe. Hashize iminsi hakorwa ubugenzuzi ku mashuri hirya no hino mu gihugu, harebwa niba yubahiriza ibyangombwa bituma atanga uburezi bufite ireme. […]

Continue Reading