TikTok yajyanywe mu nkiko ishinjwa kurangaza abana

Urubuga rw’Abashinwa, TikTok rwajyanywe mu nkiko zo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, rushinjwa kurangaza abana batarageza imyaka y’ubukure, ku buryo barumaraho umwanya munini kubera amakuru abashuka rukomeza kubereka. Iki kirego cyatanzwe kuri uyu wa Kabiri muri Leta 14 zo muri Amerika. Iki kigo gishinjwa kwereka abana ibintu bijyanye n’ibyo bakunda, igakomeza kubibahata ku buryo […]

Continue Reading

Umuhango wo ‘Kwita Izina’ abana b’ingagi wasubitswe

Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) rwatangaje ko umuhango wo kwita izina abana b’ingagi wari uteganyijwe ku wa 18 Ukwakira 2024, wasubitswe. Ni icyemezo gikubiye mu itangazo RDB yashyize hanze mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri. Ntihigeze hatangazwa impamvu yacyo. RDB yakomeje ivuga ko itariki ibi birori bizimurirwaho izamenyekanishwa mu bihe biri imbere. Muri Nzeri 2024 […]

Continue Reading

Ruhango: Abana 9 bahembewe igikorwa cyo gukunda igihugu bakoze basigasira ibindera ry’Igihugu

Polisi y’Igihugu n’Ubuyobozi bw’Akarere ka Ruhango bavuga ko ibyo abana bagaragaje ubwo bafataga ibendera ry’igihugo ngo ritagwa babifata nk’ibikorwa cyo gutanga ubuzima bwabo kubera gukunda Igihugu. Ibi byagarutsweho na Polisi yigihugu, ubwo habagaho kwitabira umuhango wo guhemba abo abana icyenda, biga ku kigo cyamashuri cya Cyobe mu Murenge wa Mbuye, kubera igikorwa cyo gukunda Igihugu […]

Continue Reading

Polisi yatanze umurongo ku modoka zitwara abanyeshuri, yihanangiriza moto n’amagare

Polisi y’u Rwanda ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda yatangaje ko Imodoka zitwara abanyeshuri zigomba kuba ari Imodoka nzima, mu bigaragarira amaso ndetse no mu rwego rwa tekiniki, yihanangiriza abatwara moto n’amagare batwara abarenze umwe kandi ubundi batanabyemerewe. Umuvugizi wa Polisi ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda, S.P Emmanuel Kayigi yavuze ko imodoka itwara abanyeshuri […]

Continue Reading

Ibihano bikarishye sibyo bigira abana abagabo, impanuro z’abakoze ubushakashatsi ku burere ababyeyi batanga mu Rwanda

Impuguke mu bijyanye n’imitekerereze n’imyitwarire ya muntu zigagaragaza ko mu bushakashatsi zakoreye mu miryango itandukanye zasanze hari imbogamizi z’uko hari ababyeyi bataramenya uburyo bwiza bwo kurera abana babo habungabungwa ubuzima bwo mu mutwe. Ubwo bushakashatsi bugaragaza ko hari ibikorwa ababyeyi bagirira abana babo bazi ko babafasha kuba abagabo kandi nyamara bibagiraho ingaruka ku buzima bwo […]

Continue Reading

Gusura abiga bacumbikirwa byahagaritswe, ababyeyi n’amashuri bahabwa umurongo ngenderwaho

Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yasabye amashuri kugenzura ko nta mwana winjira mu Kigo afite ibimenyetso bya Marburg, ababyeyi basabwa kutohereza ku ishuri umwana wabigaragaje naho abanyeshuri basabwa kubahiriza amabwiriza yo kwirinda nk’abandi baturarwanda. Ni amabwiriza iyi Minisiteri yashyizeho igendeye kuyashyizweho na Minisiteri y’Ubuzima agomba gukurikizwa mu gihugu hose. Aya mabwiriza akebura abanyeshuri ku Mico imwe n’imwe […]

Continue Reading

Abarimo umupolisi n’umusirikare bakatiwe gufungwa burundu bazira gusambanya umwana

Urukiko rwo mu murwa mukuru wa Tanzaniya rwakatiye abagabo bane igihano cy’igifungo cya burundu kubera gusambanya umwana w’umukobwa utarageza imyaka y’ubukure. BBC yatangaje ko mu bakatiwe harimo Clinton Damas, umusirikare mu ngabo z’igihugu cya Tanzaniya, na Praygod Mushi, umuyobozi wa gereza. Abandi bakatiwe ni Nickson Jackson na Amin Lema. Usibye igihano cy’igifungo cya burundu, abo […]

Continue Reading