Abakosora ibizamini bya Leta bagorwa n’imyandikire y’abarangiza amashuri abanza
Abakosora ibizamini bya Leta baratangaza ko babangamiwe n’imyandikire y’abanyeshuri barangiza amashuri abanza bandika nabi ku buryo inyuguti nyinsi ziba zisa izindi zireshya bikagorana rimwe na rimwe gusobanukirwa n’ibyo umunyeshuri aba yanditse. Abakosora ibizamini bavuga ko kugira ngo umunyeshuri abashe kwandika neza ku buryo ibyo yanditse bitanga ubusobanuro, byaba byiza hasubijweho uburyo bwakoreshwaga mbere bwo kwiga […]
Continue Reading