KNH yizihije imyaka 30 y’ibikorwa byo kwita ku bana mu Rwanda (AMAFOTO)

Umuryango Mpuzamahanga w’Abadage (Kindernothilfe: KNH) n’abafatanyabikorwa bawo mu Rwanda, bizihije isabukuru y’imyaka 30 bamaze mu bikorwa byo kwita ku bana no kubaka umuryango utekanye, bashima imiyoborere myiza y’igihugu yabaye inkingi mwikorezi muri urwo rugendo. Uwo muryango ushyira imbere ‘gufasha umwana uri mu kaga cyangwa uri mu bibazo’ watangiye gukorera mu Rwanda mu 1994. Mu myaka […]

Continue Reading

Birantega mu ikoranabuhanga rya CAMIS rikoreshwa mu gukora indangamanota mu mashuri y’Ibanze

Abanyeshuri biga mu bigo bitandukanye, baravuga ko bamwe amanota yagabanyutse ku ndangamanota zabo, abandi bagataha batazihawe, bitewe n’ikibazo cy’ikoranabuhanga rya CAMIS ryifashishwa mu gukora indangamanota mu mashuri abanza n’ayisumbuye rifite ibibazo. Uretse abo banyeshuri n’abarimu bavuga ko CAMIS igenda gake ubundi igafunguka rimwe na rimwe ndetse ngo hari n’ubwo bashyiramo amanota nyuma bagasanga yavuyemo bakongera […]

Continue Reading

Icyerekezo cy’u Rwanda ku kugabanya impfu z’ababyeyi bapfa babyara

Ibikorwa byo gusuzumisha inda byavuye ku nshuro enye bigera ku nshuro 8, mu rwego rwo kurushaho kubungabunga ubuzima bw’umubyeyi n’umwana. Si ugusuzumisha inda gusa kuko kugeza ubu ababyeyi bitabira kubyarira kwa muganga ahanini babifashijwemo no kwegerezwa serivisi z’ubuvuzi mu bigo nderabuzima. Imibare igaragaza ko izo gahunda zikomatanyije zagiye zitanga umusaruro, aho Impfu z’ababyeyi bapfa babyara […]

Continue Reading

Abarenga ibihumbi 202 batangiye ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza

Abanyeshuri 202,999 mu Rwanda hose batangiye ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza, Minisiteri y’Uburezi isaba ababyeyi korohereza abana gusubiramo amasomo no kubafasha kuzinduka. Abo banyeshuri batangiye ibizamini bisoza amashuri abanza barimo abahungu 91,189 n’abakobwa 111,810 bakazakorera kuri site 1,118 ziri hirya no hino mu Gihugu. Ku rwego rw’Igihugu byatangirijwe muri GS Gisozi I mu Karere […]

Continue Reading

Kayonza: Abaturage barashima ko abana babo bafashijwe kwiga hafi

Abaturage bo mu Karere ka Kayonza mu Murenge wa Kabare bahaye isezerano FPR-Inkotanyi na Paul Kagame batumye abana babo biga hafi, bakanegerezwa amasoko n’amavuriro hafi. Basezeranyije Perezida Kagame kuzamutora 100% kugira ngo iterambere rikomeze ribagereho. Ibi babigarutseho kuri uyu wa Gatanu tariki 5 Nyakanga 2024 ubwo Abakandida Depite b’umuryango FPR-Inkotanyi biyamamarizaga mu Murenge wa Kabare. […]

Continue Reading

Hashyizweho gufungwa imyaka 15 n’ihazabu ya miliyari 5 Frw k’uzongera gushyingiranwa n’umukobwa uri munsi ya 18

Perezida wa Sierra Leone, Julius Maada Bio, yashyize umukono ku itegeko ribuza gushyingira abana bari munsi y’imyaka 18 aho unyuranyije na ryo azajya ahanishwa gufungwa nibura imyaka 15 n’ihazabu y’asaga miliyari 5.2 Frw ($4000) cyangwa kimwe muri ibyo bihano. Iri tegeko ryakiranywe yombi n’abatari bake muri icyo gihugu wasangaga ibihumbi n’ibihumbi by’abakobwa bashyingirwa bataruzuza imyaka […]

Continue Reading

Leta yashyizeho gahunda yihariye ku bazasibira mu mashuri abanza

Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Uburezi bw’Ibanze, REB cyatangaje ko abanyeshuri bo mu cyiciro cya mbere cy’amashuri abanza batazimuka bateguriwe gahunda nzamurabushobozi izatangira ku wa 29 Nyakanga ikarangira ku wa 30 Kanama 2024. Iyi gahunda yamenyeshejwe abayobozi bose b’ibigo by’amashuri ya Leta n’afatanya na Leta ku bw’amasezerano, igamije kongera kwigisha abana bagize amanota ari munsi ya 50% […]

Continue Reading

Rusizi: Ibyishimo ni byose kuri Uwamariya wabyaye avuye kwamamaza Kagame

Uwamariya Noella wo mu karere ka Rusizi, wabyaye avuye kwamamaza, Paul Kagame, chairman w’Umuryango RPF-Inkotanyi akaba n’umukandida ku mwanya w’umukuru w’igihugu, avuga ko urukundo amukunda arirwo rwatumye ajya kumwamamaza nubwo yari abizi ko igihe cyo kubyara cyegereje. Byabereye mu Karere ka Rusizi, tariki 28 Kamena 2024 umunsi, Paul Kagame yiyamamarije kuri site yo muri aka […]

Continue Reading