Ibyo ukwiye kumenya ku bukangurambaga bwo gutera inkunga gahunda yo kugaburira abana ku ishuri bwiswe ‘dusangire lunch’
Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC), yatangije ubukangurambaga yise ‘Dusangire Lunch’, aho buri muntu ashobora gutera inkunga gahunda yo kugaburira abana ku ishuri mu bushobozi afite, akoresheje telefone igendanwa. Dusangire Lunch ihuriweho n’abafatanyabikorwa batatu barimo MINEDUC nk’urwego rugomba kugenzura ibikorwa byose bijyanye n’uburezi mu Rwanda, Koperative Umwalimu SACCO izaba irimo konti izajya ibikwaho izo nkunga ndetse na Mobile […]
Continue Reading