Mu musarane wa Kaminuza y’u Rwanda hatoraguwe uruhinja rwapfuye
Kuri uyu wa 30 Gicurasi 2024, mu Karere ka Musanze muri Kaminuza y’u Rwanda Ishami rya Busogo ryigisha Ubuvuzi bw’amatungo (CAVM Busogo), hatoraguwe uruhinja mu musarane rwapfuye. Amakuru y’uko uru ruhinja ruri mu musarane yatangiye gucicikana ahagana Saa Sita z’ijoro ryo ku wa 30 Gicurasi 2024 aribwo batangiye imirimo yo kurushakisha kugeza ubwo rwabonekaga mu […]
Continue Reading