Mu musarane wa Kaminuza y’u Rwanda hatoraguwe uruhinja rwapfuye

Kuri uyu wa 30 Gicurasi 2024, mu Karere ka Musanze muri Kaminuza y’u Rwanda Ishami rya Busogo ryigisha Ubuvuzi bw’amatungo (CAVM Busogo), hatoraguwe uruhinja mu musarane rwapfuye. Amakuru y’uko uru ruhinja ruri mu musarane yatangiye gucicikana ahagana Saa Sita z’ijoro ryo ku wa 30 Gicurasi 2024 aribwo batangiye imirimo yo kurushakisha kugeza ubwo rwabonekaga mu […]

Continue Reading

World Vision yamuritse ENOUGH, gahunda yashowemo arenga miliyari 2,6 Frw mu kurwanya igwingira mu bana

World Vision yatangije gahunda y’imyaka itatu yiswe ENOUGH igamije kurandura igwingira n’imirire mibi mu bana, ikazarangira ishowemo arenga miliyoni 2$ (arenga miliyari 2,6 Frw). ENOUGH ni gahunda ngari aho ku rwego rw’Isi yatangijwe ku wa 20 Nzeri 2023 mu Nteko Rusange ya Loni yari iri kubera i New York muri Amerika. Ku rwego rw’imigabane itangizwa […]

Continue Reading

Imyaka yo gushyingirwa ntabwo yahindutse, ibyaganiriwe ku mushinga w’itegeko ryo gushyingira abafite 18

Depite Ruku Rwabyoma John yagaragaje ko abantu bakwiriye kwakira ko umuntu ufite imyaka 18 ari umuntu mukuru ushobora kwifatira icyemezo akaba yanashyingirwa nk’uko ajya no mu nzego za gisirikare akamenera igihugu amaraso. Inteko Ishinga amategeko umutwe w’Abadepite yatangiye imirimo yo gutora itegeko rigenga abantu n’umuryango ririmo ingingo ya 197 iteganya ko umuntu ufite imyaka 18 […]

Continue Reading

Gasabo: Umwana w’imyaka icyenda yaguye mu cyobo cy’amazi ahita apfa

Mu Karere ka Gasabo, mu Murenge wa Rusororo mu Kagari ka Mbandazi, mu Mudugudu wa Kataruha, umwana uri mu kigero cy’imyaka 9 yaguye mu cyobo cy’amazi ahita yitaba Imana. Ahagana saa yine z’amanywa, kuri uyu wa Mbere tariki ya 27 Gicurasi 2024, nibwo hamenyekanye inkuru y’urupfu rw’uyu mwana w’umuhungu witwa Ishimwe Cedric wigaga mu mashuri […]

Continue Reading

U Rwanda rugiye kwitabira isuzuma mpuzamahanga ku bumenyi n’ubushobozi bw’abanyeshuri

Minisiteri y’Uburezi ibinyujije mu kigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA), yatangaje ko u Rwanda rwiteguye kuzitabira gahunda Mpuzamahanga yo Gusuzuma Ubumenyi n’Ubushobozi by’Abanyeshuri (PISA) ya 2025. Ni gahunda NESA ivuga ko ari intambwe ikomeye mu kugereranya ibipimo ngenderwaho mu burezi ku rwego rw’igihugu n’ibyo ku rwego rw’Isi, bikazamura ireme ry’uburezi. Iyi gahunda ikorwa mu […]

Continue Reading

Abanyeshuri bata ishuri bagabanyutseho 2% mu 2023

Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko abanyeshuri bava mu mashuri mu byiciro bitandukanye bagabanyutse mu mwaka wa 2023 bagera kuri 6.8%, bavuye ku 8.5% mu mwaka w’amashuri wa 2021/2022. Imibare ya Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yashyizwe ahagaragara kuwa 23 Gicurasi 2024 igaragaza ko abana binjiye mu mashuri mu mwaka w’amashuri wa 2022/2023 ari 94.3% ugereranyije n’abagejeje igihe cyo […]

Continue Reading

NRS yasubije abibaza impamvu inzego z’umutekano zijya gukura abana mu muhanda

Ikigo cy’igihugu cy’igiroramuco (NRS), cyasobanuye ko inzego z’umutekano zijya mu bikorwa byo gukura abana mu muhanda kuko abagombye kubikora baba batujuje inshingano, kandi ko hari abana usanga baramaze gutora imico mibi kuburyo izo nzego zikenerwa. Mu minsi ishize, nibwo ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwiye amashusho y’Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa CLADHO w’umusigire, Murwanashyaka Evariste avuga ko bitumvikana uburyo […]

Continue Reading

Gasabo: RIB yafunze umugabo n’umugore bakekwaho kwica umwana bakamujugunya mu bwiherero

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane tariki 23 Gicurasi 2024, Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB rwafunze umugabo n’umugore we bo mu Kagari ka Kibenga, mu Murenge wa Rutunga, Akarere ka Gasabo, bakekwaho kugira uruhare mu rupfu rw’umwana wabo nyuma bagasibanganya ibimenyetso. Inkuru ya BTN ivuga ko umugabo witwa Ngendahimana yarwanye n’umugore we biturutse ku makimbirane yo […]

Continue Reading

Rusizi: Hatangijwe ishuri mbonezamirire ryitezweho kurandura imirire mibi mu bana

Ababyeyi bo mu Karere ka Rusizi bafite abana barwaye indwara zikomoka ku mirire mibi bashimye gahunda y’ishuri mbonezamirire, bavuga ko bayitezeho gufasha abana babo kuva mu mirire mibi. Babitangaje ku wa 23 Gicurasi 2024, ubwo hatangizwaga ku mugaragaro iyi gahunda izajya imara iminsi 12. Igwingira ry’abana ni kimwe mu bibazo Guverinoma y’u Rwanda yahagurukiye kuko […]

Continue Reading

Amashuri yo muri Nyabihu, Kicukiro na Bugesera yibutse abana n’impinja bishwe muri Jenoside

ku nshuro ya mbere, Umuryango Fondasiyo Ndayisaba Fabrice wagejeje mu mashuri igikorwa cyo Kwibuka abana n’impinja bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu Ntara y’Iburengerazuba aho wahereye mu Karere ka Nyabihu kiyongereye ku ka Kicukiro n’aka Bugesera twari dusanzwe tuberamo iki gikorwa. Ku wa Mbere, tariki ya 20 Gicurasi 2024, ni bwo hatangiye igikorwa ngarukamwaka cyo Kwibuka […]

Continue Reading