Impamvu zituma ikibazo cy’abana bo mu muhanda gikomeza kuba agatereranzamba (Video)

Ikibazo cy’abana bo mu muhanda kimaze kuba agatereranzamba ndetse buri munsi havugwa inkuru z’ibibazo bitandukanye bigishamikiyeho, birimo urugomo, ubujura n’ibyerekeye uburenganzira bw’umwana muri rusange. Inkuru zimwe zigaragariza ubukana bwacyo mu kuba hari abana bajya muri ubwo buzima bakiri bato bakabukuriramo ndetse bakabubyariramo, izindi nyinshi zikavuga ku rugomo n’ubujura bikorwa n’amatsinda y’abo bana, ku buryo bafatwa […]

Continue Reading

Uko ifunguro ryagize uruhare mu kugarura abana ku ishuri

Imibare ya Guverinoma ku bijyanye no kunoza ireme ry’uburezi yerekana ko, uko gahunda yo kugaburira abana ku mashuri igenda ihabwa imbaraga arinako abana bagana ishuri mu burezi bw’ibanze bagenda biyongera. Ingngo y’imari Leta y’u Rwanda ishyira muri gahunda yo kugaburira abanyeshuri ku ishuri, yavuye kuri miliyari esheshatu z’amafaranga y’u Rwanda mu 2017/2018, igera kuri miliyari […]

Continue Reading

Minisitiri Dr. Ngirente yashyize umucyo ku mafaranga y’inyubako ibigo by’amashuri byishyuza ababyeyi

Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yatangaje ko mu kunoza gahunda z’uburezi n’imyigire, Guverinoma yahisemo kujya yishyura ibyerekeye ibikorwa remezo byose bijyanye n’ikigo cy’amashuri ku buryo amafaranga umubyeyi yishyura aba agamije kugaburira umwana gusa. Yabigarutseho kuri uyu wa 18 Mata 2024, ubwo yaganiraga n’Inteko Ishinga amategeko imitwe yombi, avuga ko amafaranga y’ishuri yishyurwa mu Rwanda ari […]

Continue Reading

Ibuka yasabye abarimu gukoresha imvugo y’ukuri kuri Jenoside yakorewe Abatutsi

Ibuka ivuga ko ibyo umwana yumva byose bimugiraho ingaruka igasaba abarimu kutanyuranya imvugo kuri Jenoside yakorewe Abatutsi mu byo bigisha abana. Ibuka ivuga ko hari abarimu iyo bari mu ishuri bavuga ibyanditswe neza kuri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ariko bagera ahiherereye bakavuga ibitandukanye na byo. Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Ibuka, Ahishakiye Naphtal, avuga ko abarimu […]

Continue Reading

Ababyeyi bafite abana bataye ishuri bahawe ubutumwa

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Imikurire no Kurengera Umwana (NCD) cyasabye abagize umuryango Nyarwanda by’umwihariko ababyeyi, Inshuti z’Umuryango n’abayobozi mu nzego z’ibanze gutahiriza umugozi umwe baharanira ko buri mwana agana ishuri. Ingengabihe y’uyu mwaka w’amashuri yerekana ko igihembwe cya Gatatu kizatangira ku wa 15 Mata kikarangira ku wa 05 Nyakanga 2024 bingana n’Ibyumweru 12. Gusubira ku mashuri gutangira amasomo […]

Continue Reading

Rwamagana: Basabwe kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside bahereye mu bakiri bato

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rwamagana bwasabye abaturage guharanira icyatuma Jenoside itongera kubaho, bakarwanya ingengabitekerezo yayo by’umwihariko mu bakiri bato. Itariki 15 Mata 1994, ni italiki itazibagirana ku batutsi basaga ibihumbi 15 bari bahungiye kuri Komine Muhazi, ubu ni mu murenge wa Gishari mu karere ka Rwamagana. Abari bahahungiye bari bizeye ko bararindwa n’ubuyobozi ariko bugira uruhare […]

Continue Reading

Bugesera: Minisitiri Dr Bizimana yavuze ku nkuru y’umwana wishwe asoma igitabo

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu (MINUBUMWE) Dr Bizimana Jean Damascène yavuze ku nkuru y’umwana wiciwe ku kiliziya i Ntarama muri Jenoside yakorewe Abatutsi n’ubutumwa bwakuwe mu gitabo yasomaga cyasanzwe iruhande rwe. Yabigarutseho kuri uyu wa Kabiri tariki 16 Mata 2024, mu bikorwa byo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi i Bugesera no gushyingura mu cyubahiro imibiri 120 […]

Continue Reading

#Kwibuka30: Ababyeyi bari bambitse abana b’abahungu udukanzu ngo batabica ariko siko byagenze

Amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi yerekana ko mu yari Komini Musambira ubwicanyi bukomeye bwaherukaga kuba ku matariki ya 18 kugeza 20 Mata 2020. Gusa ku itariki ya 14 Gicurasi 1994, habaye ibintu bibi cyane. Haje igitero kigota Ikigonderabuzima, uwo munsi bica igitsina gabo cyose abagore barabareka. Imirambo yabaye myinshi igera aharemeraga isoko ry’ihene n’iry’inka, barangije […]

Continue Reading

Kamonyi: Umugabo w’imyaka 50 arakekwaho gusambanya umwana w’imyaka 14

Mu Mudugudu wa Nyabubare, Akagari ka Mukinga, Umurenge wa Nyamiyaga ho mu Karere ka Kamonyi haravugwa inkuru y’umugabo w’imyaka 50 watawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana w’imyaka 14, nyuma yuko iwabo bari bamuraje hanze nk’igihano cy’uko yari yataye urufunguzo hanyuma akajya kuri uwo mugabo amusaba icumbi. Byabaye mu ijoro ryo ku wa 11 Mata 2024. […]

Continue Reading