Kirehe-abangavu-batewe-inda-batuye-akarere-ikibazo-cyabaganga-batagira-ibanga

Abangavu batewe inda bo mu Mirenge itandukanye igize Akarere ka Kirehe batuye ubuyobozi bw’ako Karere ikibazo cy’abaganga batagira ibanga, bikaba ari bimwe mu bituma batitabira kwipimisha uko bikwiye igihe batwite cyangwa ngo bajye gusaba serivisi z’ubuzima bw’imyororokere bisanzuye. Ni kimwe mu bibazo byagaragajwe nk’ibibangamiye abangavu mu rwego ry’ubuzima. Hari mu biganiro byabereye mu Karere ka […]

Continue Reading

Ngororero-grenade-yaturikanye-abana-babiri-umwe-ahita-ahasiga-ubuzima

Mu Murenge wa Ngororero mu Karere ka Ngororero, Igisasu cyo mu bwoko bwa ‘Grenade’ cyishe umwana w’imyaka 10 y’amavuko, gikomeretsa bikomeye uwo bari kumwe. Ibyo byabaye kuri uyu wa Kane taliki ya 15 Ukuboza 2022 mu Mudugudu wa Kabeza, mu Kagari ka Gaseke, mu Murenge wa Ngororero. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Ngororero,  Mugisha Daniel yavuze […]

Continue Reading

Musenyeri-rukamba-yasabye-abize-gutanga-umusanzu-mu-guhangana-nigwingira.

Musenyeri wa Diyoseze Gatolika ya Butare, Rukamba Philippe, yasabye abize gutanga umusanzu wabo mu kurandura imirire mibi n’igwingira ry’abana mu Rwanda kuko ari ikibazo gikomeye kandi gikeneye ubufatanye mu kugikemura. Yabigarutseho ubwo yayoboraga umuhango wo gutanga impamyabumenyi ku banyeshuri 430 basoje amasomo yabo muri Kaminuza Gatolika y’u Rwanda (CUR) ku wa 17 Ukuboza 2022 mu […]

Continue Reading

Ubuyobozi-bwahembye-uwabyaye-4-nyuma-yimyaka-15-ategereje-urubyaro

Uwiragiye Marie Chantal wo mu murenge wa Rilima mu Karere ka Bugesera uherutse kubyarira abana bane mu Bitaro byitiriwe Umwami Faisal, yasuwe n’ubuyobozi bw’ako Karere bumwizeza gukomeza kumuba hafi. Uwiragiye yabyaye aba bana mu ijoro ryo kuri Noheli ku wa 25 Ukuboza 2022, nyuma y’ imyaka 15 ategereje urubyaro. Ku wa Gatatu tariki ya 28 […]

Continue Reading

Huye-ibyo-banyuzemo-bituma-batifuza-gusubira-mu-buzima-bwo-mu-muhanda.

Abenshi mu rubyiruko rw’abahungu bakuwe mu muhanda mu Karere ka Huye, ubu bakaba barererwa mu miryango, bavuga ko ubuzima bwo mu muhanda bwari amaburakindi, kandi ko biyemeje kwiga kugira ngo bazagire icyo bimarira. Ibi babivuze nyuma yo guhurizwa mu kigo Intiganda cyari cyarabakiriye mbere yo gusubizwa mu miryango, bakibutswa indangagaciro zikwiye kubaranga, ku buryo batashye […]

Continue Reading

Zambia-impanuka-yambilansi-yahitanye-umubyeyi-numwana-yaragiye-kwibaruka

Imodoka ya Ambilansi yari ijyanye umubyeyi ugiye kwa muganga kubyara, yagendaga yihuta nyuma igonga igiti, uwo mubyeyi n’umwana yari atwite ndetse n’umurwaza bose bahita bapfa. Bamwe mu baturage bari hafi y’aho impanuka yabereye, bamwe bavuze ko uyu musheferi yihutaga ariwe wateje izo mpfu zose, ariko hari n’abavugaga ko ibyo yakoraga yagiraga ngo arebe ko yarokora […]

Continue Reading

Kicukiro-imodoka-yari-itwaye-abana-yakoze-impanuka-ikomeye

Mugitondo cyo kuri uyu wa 9 Mutarama 2023, mu Karere ka Kicukiro ahazwi nko ku i Rebero habereye impanuka y’imodoka yari itwaye abana b’abanyeshuri biga muri Path to Success 25 barakomereka. Uretse abo bana hanakomeretse umushoferi wari ubatwaye n’umwalimu wari ubaherekeje muri iyo modoka ya coaster. Umuvugizi w’ishami rya Polisi rishinzwe umutekano wo mu muhanda […]

Continue Reading

Umwe-mu-bana-bakomerekeye-mu-mpanuka-yimodoka-ku-i-rebero-yitabye-imana

Umwana witwa Kenny Irakoze Mugabo uri muri 25 bakomerekeye mu mpanuka y’imodoka yari ibajyanye ku ishuri mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere yitabye Imana. Uyu mwana yigaga mu mwaka wa gatanu kuri Path to Success, mu Karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali. Umuvugizi w’Ishami rya Polisi rishinzwe umutekano wo mu muhanda, SSP René […]

Continue Reading

Rubavu-ubushabitsi-nyambukiranyamipaka-bwagaragajwe-nkimpamvu-ituma-abana-bata-ishuri.

Amashuri yo mu Karere ka Rubavu agaragaza ko mu mpamvu zituma abana bata ishuri harimo abana bajya gushaka amafaranga kubera amahirwe yo kuba begereye umupaka n’ababyeyi basigira abana barumuna babo bagiye mu bucuruzi. Byagaragarijwe istinda ry’Abasenateri bagize Komisiyo y’Imibereho y’Abaturage n’Uburenganzira bwa Muntu ubwo basuraga ishuri rya G.S Ryabizige ryo mu Karere ka Rubavu, muri […]

Continue Reading

Ngoma-abafite-ubumuga-barasaba-ko-ururimi-rwamarenga-rwakwigishwa-mu-mashuri

Abafite ubumuga bo mu Karere ka Ngoma baragaragaraza ikibazo cy’ubuke bw’insimburangingo n’inyunganirangingo nk’imbogamizi mu mibereho yabo naho abafite ubumuga bwo kutumva no kutavuga bavuga ko mu buryo burambye hari ibibazo byakemurwa no kwigisha ururimi rw’amarenga mu mashuri. Babigarutseho kuri uyu wa 03 Ukuboza mu kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’abantu bafite ubumuga wizihirijwe mu Murenge wa Sake […]

Continue Reading