Sakwe-sakwe-dukine-umukino-winyurabwenge-uryohera-abato-nabakuru

Yasuwe: 948 Ibisakuzo ni umukino wo mu magambo. Ugizwe n’ibibazo n’ibisubizo bihimbaza abakuru n’abato kandi birimo ubuhanga. Amateka y’Ubuvanganzo Nyarwanda agaragaza, ko  ibisakuzo byagiraga abahimbyi b’inzobere muri byo, bahoraga bacukumbura ijoro n’umunsi, kugirango barusheho kunoza no kuryoshya uwo mukino. Ibyo bituma bibamo amagambo akomeye abato badashobora kumva byoroshye. Ni byiza ko niba ukina uyu mukino

Continue Reading

RDC-abarimu-mu-mashuri-abanza-banze-kwigisha

Abarimu bigisha mu mashuri abanza muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) baravuga ko bamaze igihe badahabwa agahimbazamusyi none bahisemo guhagarika akazi. Ihuriro ry’amashuri abanza muri RDC ryasohoye itangazo rivuga ko kuri uyu wa 10 Mutarama 2023 nta masomo ahari, ko abarimu birirwa bicaye imbere ya Minisiteri y’imali i Kinshasa. Ni mu gihe kandi basabye […]

Continue Reading

USA umwana-wimyaka-itandatu-yatawe-muri-yombi-nyuma-yo-kurasa-umwarimu-we

mwana w’imyaka itandatu yatawe muri yombi afungwa na Polisi nyuma y’uko arashe umwarimu we muri Leta ya Virginia. Uko kurasana kwabaye ku mugoroba wo ku wa Gatanu ahagana Saa Moya z’Ijoro mu Ishuri ribanza rya Richneck riri mu Mujyi Newport News. Ntabwo biramenyekana uburyo uwo mwana yabonye imbunda, gusa Polisi yavuze ko uko kurasa kutabayeho […]

Continue Reading

Umugabo-yishe-umuryango-we-wose-nyuma-yuko-umugore-amusabye-gatanya

Umugabo w’imyaka 42 yarashe abantu barindwi bo mu muryango we mbere y’uko na we yiyica muri leta ya Utah muri Amerika nyuma y’uko umugore we asabye gatanya. Kuwa gatatu nijoro abashinzwe imibereho myiza barimo gukora igenzura basanze uyu muryango w’abantu umunani bose bapfuye mu rugo rwabo rwo mu cyaro ahitwa Enoch City. Polisi ivuga ko […]

Continue Reading

Urukiko-rwanzuye-kudafunga-dosiye-yabapadiri-basambanyije-abana

Urukiko rwo mu Budage rwemeje ko nubwo Joseph Ratzinger wahawe izina rya Papa Benedigito XVI yitabye Imana, dosiye aregwamo ibyaha byo guhishira abihayimana basambanyije abana b’abahungu, itagiye guhita ifungwa. Umuvugizi w’Urukiko rwa Traunstein muri Bavaria, yavuze ko bisanzwe ko urubanza rushobora guhagarara iyo umwe mu baburanyi apfuye. Yakomeje ati “Kuri iyi nshuro ariko si ko […]

Continue Reading

Kera kabaye ba bana bo muri Afurika y’Epfo bageze ku ntego yo kugera mu Misiri mu ndege bikoreye.

Indege yakozwe n’ingimbi n’abangavu bo muri Afurika y’Epfo yaraye igeze ku ntego yo kugera i Cairo mu Misiri, nyuma y’ibyumweru bitandatu yari imaze muri uru rugendo rwo kuva i Cape Town muri Afurika y’Epfo nkuko BBC yabitangaje. Iyi ndege y’ibyicaro bine yo mu bwoko bwa Sling 4, yateranyijwe n’itsinda ry’abanyeshuri 20 baturuka mu miryango y’amikoro […]

Continue Reading

Bwa-mbere-rihana-yagaragaje-umwana-we-ku-mbuga-nkoranyambaga.

Kuva muri Gicurasi uyu mwaka, ibyamamare Rihana na A$AP Rocky bibarutse ntabwo baratangaza izina ry’umwana wabo ndetse bari batagaragaza isura ye ku mbuga nkoranyambaga. Kuri uyu wa 17 Ukuboza, nibwo Rihanna yagaraje umwana we w’umuhungu abinyujije mu mashusho (video) yashyize ku rubuga nkoranyambaga rwa Tik tok. Iyo video y’amasegonda 45 yerekana umwana aseka yicaye mu […]

Continue Reading

Imvubu-yari-imize-umwana-wimyaka-ibiri-imana-ikinga-ukuboko

Umwana w’umuhungu w’imyaka ibiri witwa Iga Paul yarokotse kuribwa n’imvubu ubwo yari arimo gukinira hafi y’inkombe y’ikiyaga cya Edward ku gice cy’Amajyepfo ashyira Uburengerazuba bwa Uganda. Polisi yavuze ko iyo nyamaswa yafashe uwo mwana ikamumira kimwe cya kabiri cy’umubiri we, umugabo wari hafi aho akayirwanya ayitera amabuye. Cyakora Ikigo cya Uganda cyita ku nyamaswa cyahakanye […]

Continue Reading

Ubushakashatsi-gukorera-mu-bushyuhe-bukabije-binaniza-umwana-uri-mu-nda

Ubushakashatsi bushya bwagaragaje ko igihe umubyeyi ari gukorera ahantu hashyushye cyane, ubwo bushyuhe bushobora kugira ingaruka ku mitemberere y’amaraso n’imiterere y’umutima by’umwana atwite. Abashakashatsi bavuga ko hakenewe ingamba zikwiye zo kurengera abagore batwite igihe ihindagurika ry’ibihe rikomeje gutuma ubushyuhe bwiyongera ku Isi. Ubwo bushakashatsi bwasohotse mu Kinyamakuru The Lancet Planetary Health bwakozwe na Kaminuza ya […]

Continue Reading

USA uwakuze-ayobora-amatsinda-yabana-yatorewe-kuba-meya-wumujyi.

Jaylen Smith w’imyaka 18 wakuze ayobora amatsinda y’abana aho yigaga, yatorewe kuba Meya w’umujyi wa Earle muri Leta ya Arkansas, muri leta Zunze Ubumwe Amerika Uyu musore w’umwirabura yatorewe kuba Meya nyuma yo gutsinda uwo bari bahanganiye uyu mwanya Nemi Matthews Sr, ku majwi 239 kuri 185. Jaylen Smith yarangije amashuri ye y’isumbuye uyu mwaka […]

Continue Reading