Abana bari mu baguye mu gitero cy’Iterabwoba i Moscow

Kugeza ubu abana batatu nibo bamaze kumenyekana ko bari mu baguye mu gitero cy’iterabwoba mu Murwa Mukuru w’u Burusiya, Moscow, kigahitana abasaga 137 nkuko Minisiteri y’Ubuzima y’icyo gihugu yabitangaje. Iyi mibare yari yatangajwe mu Cyumweru gishize yagarutsweho ubwo abagabo bane bakekwaho kugira uruhare muri iki gitero bagezwaga mu Rukiko Rwisumbuye rw’Akarere ka Basmanny i Moscow. […]

Continue Reading

U Rwanda rwashyizeho uburyo bwo gupima abana igituntu hadakoreshejwe igikororwa

Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) cyatangaje ko abana bagiye kujya bapimwa igituntu, hifashishijwe ikizamini cy’umusarane mu rwego rwo kongera umubare w’abagerwaho n’ubuvuzi bw’iyo ndwara hakiri kare. Mu 2014, Isi yihaye intego yo kurandura igituntu bitarenze 2035. Kugira ngo ibi bigerweho hafashwe ingamba zirimo no gupima abantu bose bakekwaho iyi ndwara nibura kugera ku kigero cya 90%, […]

Continue Reading

Kicukiro-abagize-komite-zihuriro-ryabana-bahawe-amahugurwa-azabafasha-kuzuza-inshingano

Yasuwe: 132 Abagize komite z’ihuriro ry’abana mu Karere ka Kicukiro batangiye amahugurwa y’iminsi ibiri agamije kubongerera ubumenyi buzatuma buzuza inshingano batorewe muri manda y’imyaka itatu. Abarimo guhugurwa ni abagize komite y’ihuriro ry’abana ku rwego rw’Akarere uko ari batandatu, n’umwana umwe uhagarariye abandi kuri buri Murenge. Bose bagize komite zatowe muri Nzeri 2022. Umwana uhagarariye abandi

Continue Reading

Ingaruka-amakimbirane-yo-mu-muryango-agira-ku-mikurire-yumwana

Yasuwe: 106 Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Imikurire no Kurengera Umwana (NCD) kigaragaza ko amakimbirane y’umuryango agira ingaruka ku mikurire y’umwana. Amakimbirirana y’umuryango icyo yaba ashingiyeho cyose agira ingaruka mbi ku mibereho y’umwana muri rusange ariko cyane cyane mu mikurire ye. Umuyobozi ushinzwe uruhare rw’umwana mu bimukorerwa muri NCD, Tuyishimire Frodouard avuga ko imbamutima z’umwana azikura ku

Continue Reading

Kayonza-haravugwa-imiryango-yakuye-abana-mu-ishuri-kubera-imyemerere-idasobanutse

Yasuwe: 63 Hari imiryango yo mu Kagali ka Rusera mu Murenge wa Kabarondo mu Karere ka Kayonza yakuye abana bayo mu ishuri kubera imyemerere idasobanutse ishingiye ku idini ritazwi. Amakuru avuga ko abo baturage ari abiyomoye ku itorero ry’Abadivantiste b’umunsi wa Karindwi, ubu bakaba basengera mu rugo rwa mugenzi wabo ariko nta dini cyangwa itorero

Continue Reading

Musanze-hatashywe-urugo-mbonezamikurire-rwubatswe-ku-bufatanye-bwa-polisi-nabaturage

Yasuwe: 136 Mu Mudugudu wa Nyiramuyenzi Akagali ka Buramira, mu Murenge wa Kimonyi mu Karere ka Musanze hatashywe urugo mbenezamikurire y’abana bato, rwubatswe ku bufatanye bwa Polisi y’u Rwanda n’abaturage mu kwezi kwahariwe Polisi (#PoliceMonth2022). Uzamukunda Esperance ufite umwana muto witeguye ko azajya amusiga muri iryo rerero, yavuze ko agiye kujya akora imirimo ye atuje 

Continue Reading

Abafite-ubumuga-bishimira-ko-abato-babyirukira-mu-gihugu-kidaheza

Yasuwe: 205 Mu gihe hizihizwa umunsi mpuzamahanga w’abafite ubumuga wizihizwa taliki 3 Ukuboza buri mwaka, abafite ubumuga barishimira ko abakiri bato,  babyirukira mu gihugu kirushaho gukora ibishoboka byose ngo abafite ubumuga bagire imibereho myiza. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Inama y’Igihugu y’Abantu bafite ubumuga (NCPD) Ndayisaba Emmanuel yabigarutseho mu kiganiro na RBA kuri uyu wa Gatanu, cyagarutse ku

Continue Reading

Kicukiro-abana-34-bakorewe-ihohoterwa-rishingiye-ku-gitsina-babyara-imburagihe

Yasuwe: 128 Ubuyobozi bw’Akarere ka Kicukiro bwatangaje ko kuva uyu mwaka wa 2022 watangira, abana b’abakobwa 34 bo mu mirenge itandukanye igize aka Karere bakorewe ihohoterwa rishingiye ku gitsinda ndetse bibaviramo guterwa inda imburagihe. Ibi byatangajwe ubwo aka karere katangizaga icyumweru cyo kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina. Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere ka Kicukiro Wungirije, Rukebanuka Adalbert

Continue Reading

Icyo-leta-ifasha-abikorera-bashinga-amarerero-ikiganiro-cyihariye-na-munyampeta-wa-ncd

Yasuwe: 284 Mu Kinyarwanda bavuga ko ‘Kwirinda biruta kwivuza’! Ku bijyanye n’ubuzima bw’umwana ho hari ubwo uko kwivuza kuba kudashoboka, nk’iyo habayeho igwingira kuko ritavurwa. Ibyo bitanga amahitamo amwe gusa yo ‘kwirinda’. Impuguke mu mikurire y’umwana zigaragaza ko ari ngombwa kwita ku mwana hakiri kare kuko 80% by’ubwonko bwe bikura mu myaka 3 ya mbere, 

Continue Reading

Huye-abangavu-batewe-inda-bagaragaje-imbogamizi-zikomeye-zituma-badasubira-mu-ishuri

Yasuwe: 176 Impuzamiryango  y’uburenganzira  bwa  muntu  CLADHO , ifatanyije  n’ishami  ry’umuryango  w’abibumbye  ryita  ku bana Unicef bamaze igihe  baganira  n’aba bana bagaragaza ibibazo bibangamiye. Ni ikibazo cyagaragaye mu karere  ka  Huye ubwo abakozi  ba CLADHO na Unicef baganiraga  n’aba bana batewe inda mu mirenge 6 y’akarere ka Huye. Ndetse  cyongeye  kugaragarizwa abayobozi b’aka karere  mu.

Continue Reading