Kayonza-haravugwa-imiryango-yakuye-abana-mu-ishuri-kubera-imyemerere-idasobanutse

Uburenganzira Bw' abana

Yasuwe: 63 Hari imiryango yo mu Kagali ka Rusera mu Murenge wa Kabarondo mu Karere ka Kayonza yakuye abana bayo mu ishuri kubera imyemerere idasobanutse ishingiye ku idini ritazwi. Amakuru avuga ko abo baturage ari abiyomoye ku itorero ry’Abadivantiste b’umunsi wa Karindwi, ubu bakaba basengera mu rugo rwa mugenzi wabo ariko nta dini cyangwa itorero

Share

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *