Yasuwe: 63 Hari imiryango yo mu Kagali ka Rusera mu Murenge wa Kabarondo mu Karere ka Kayonza yakuye abana bayo mu ishuri kubera imyemerere idasobanutse ishingiye ku idini ritazwi. Amakuru avuga ko abo baturage ari abiyomoye ku itorero ry’Abadivantiste b’umunsi wa Karindwi, ubu bakaba basengera mu rugo rwa mugenzi wabo ariko nta dini cyangwa itorero
Share