Impamvu-ituma-ababyeyi-bagira-umuhangayiko-nyuma-yigihe-gito-bibarutse

Udukuru tw'Abana

Yasuwe: 239 Ubushakashatsi bwagaragaje ko ababyeyi bamwe na bamwe bagira umuhangayiko nyuma y’igihe gito babyaye kuburyo bishobora kubatwara igihe kirenze umwaka kugira ngo bongere kubona ibitotsi nkuko byari bisanzwe mbere yo kubyara. Byagaragajwe n’ubushakashatsi bwa Kaminuza ya Warwick yo mu Bwongereza bwakorewe ku bagore bagera ku 2,541 n’abagabo 2,118 babyaye hagati ya 2008 na 2015.

Share

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *