NST2
Uwingabire Frederic,
Ati: “Duturuka mu Mirenge itandukanye, n’Uturere dutandukanye ugasanga bayugeneye budget itandukanye. Usanga ibikorwa bikorwa byibanda mu bice by’imijyo kandi no mu cyaro hari urubyiruko.”
==============
Nyabyenda Emile
Ati: “Twe turabaza abahagarariye abana, abafite ubumuga, abagore. Izo komite zose ziba zihagarariwe. Ibitekerezo biba ari bimwe, bamwe bati dukeneye umuhanda uva aha n’aha, dukeneye amazi agera aha, umuriro ni muke muzawutwongerere. Mu ngengo y’imari tuba dufite ntayakora byose.”
“Icyo nabasaba uruhare rw’urubyiruko twarubonera ku biba byoherejwe ku Murenge. Iterambere ntimurirebere mu kubaka Umuhanda. Ibindi byose. Muba murimo mugira n’ubahagarariye mu nama njyanama.”
Ati “Ntabwo nabibasubiza ngo kuko mwohereje ibikorwaremezo gusa, kuko bakubwira ko aribyo bikenewe. Aho turi isuku ntishoboka kuko ntamazi ahari, bashobora kukubwira ngo aho turi umuriro uhari ntuhagije dukeneye kuwongera kugira ngo abantu bakore bihangire imirimo.”
==============
Uwingabire yavuze ko hari ibitekerezo bitangwa ariko bikanigwa mu Mirenge hatoranwa iy’ingenzi yihutirwa izitabwaho kurusha indi.
Ati: “Abahagarariye abandi baba batumiwe ahubwo ibyo bavuze binigwa n’ibyo ubuyobozi bw’umurenge bwifuje ko bizakorwa. Bikarangira ngo byabindi urubyiruko rwavuze bidakozwe.”
“Icyifuzo ikigaragara cyo ibitekerezo dutanga ntabwo bihabwa agaciro. Bakabaye bafata ibitekerezo twifuza bikaza directe ku Karere bitanyuze ku murenge kuko bo bakuramo ibyo bakeneye.”
============
Anoura:
Emile:
Gufata amafaranga akajya mu mishanga y’urubyiruko byagabanya abajya mu bigo ngororamuco binyurwamo by’igihe gito.
Emil
